Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umunyamakuru akaba n'umushyushyarugamba, Anita Pendo yifurije isabukuru nziza y’amavuko umwana we w'ubuheta, Gisa Nia Ryan wujuje imyaka irindwi y’amavuko
Ni amashusho  abenshi bazi aho umukobwa w’inkumi yarimo abyinana n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda , ntawundi ni Cecile Kayirebwa mu ndirimbo ye yabaye ikimenyabose yitwa Tarihinda , amashusho y’iyi ndirimbo yafashwe mu mwaka w’i 1998.
Mugisha Gilbert “Barafinda” ntari mu bakinnyi ba APR FC berekeje mu Misiri gukina umukino wo kwishyura wa CAF Champions League, na Pyramids Fc kuko yitegura ubukwe buzaba ku cyumweru tariki ya 5 Ukwakira 2025, umunsi ikipe ye ifiteho umukino.
Chairman w’ikipe ya APR FC, Brig. Gen. Deo Rusanganwa yasabye abakinnyi b’iyi kipe berekeje mu Misiri mu mukino wo kwishyura Pyramids FC, gukuba kabiri imbaraga bakoresheje mu mukino wabereye i Kigali
Umunyamideri  Isimbi Model, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo guhabwa impano y'imodoka nshya ya Range Rover Velar n'umugabo we Shaul Hatzir
Umunyarwandakazi, Jasinta Makwabe uri mu bakobwa bagezweho mu kumurika imideli muri Tanzania, yatangaje ko yamaze gutandukana n’umugabo biteguraga kurushinga
Radio Salus ni imwe mu ma radiyo yashyize umusingi ku iterambere ry’itangazamakuru mu Rwanda, n’imwe mu maradiyo yigenga yatangiye mu Rwanda ndetse ntitwareka kuvuga ko benshi mu Banyamakuru bakomeye u Rwanda rufite uyu munsi banyuze kuri iyi radiyo
Butera Knowless ni umwe mu bahanzikazi banditse amateka mu muziki Nyarwanda, impano ye mu muziki ndetse n'imyitwarire myiza ntibishidikanywaho
Ese waruziko umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga , Davido akurikirana Abanyarwanda babiri bonyine ku rukuta rwe rwa Instagram ?
Umunyarwandakazi, Niyonkuru Florence, yegukanye umudari wa zahabu mu isiganwa ry’amaguru rya Lyon International Half Marathon ryari ribaye ku nshuro ya 41 rikaba ari isiganwa ribera mu Bufaransa. Ibi uyu munyarwandakazi yabikoze mu mpera z’icyumweru gishize, aho yari ahagarariye u Rwanda mu cyiciro cy’abagore mu isiganwa rya Lyon International Half Marathon.