Raymond Tuyishimire

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 13 Gashyantare 2026, umuhanzi Yvan Muziki yaraye atunguye umukunzi we akaba n'umuhanzikazi Marina Deborah amwambika impeta y'urukundo amusaba kuzamubera umugore.
Junior Rumaga yatangaje ko ageze kure imyiteguro y’ibitaramo by’iserukiramuco ry'ubusizi n'ubuhanzi yise 'Siga Art Festival' azatangirira mu Karere ka Huye
Umuhanzi Yvan Muziki yatangaje ko igitaramo ari gutegura cyo kumurika album ye ya mbere yahuje n'umunsi w'abakunda 'Saint Valantin', ari icyimenyetso cy'uko agarutse mu muziki mu buryo bwuzuye
Umuhanzi Chris Eazy yashyize hanze indirimbo y'urukundo yise “Chocolate”, nyuma y'iminsi yari amaze ayirarikira abakunzi be ku mbuga nkoranyambaga
Abakinnyi b'ikipe ya FC Saint Éloi Lupopo yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bageze i Kigali, aho bari kwitegura umukino wa CAF Champions League bazakina na Al Hilal SC
Umuhanzi Propser Nkomezi umenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yahuye na Amb. Einat Weiss, Ambasaderi wa Israel mu Rwanda.
Ikipe ya Al Hilal SC yatsinze APR FC ibitego 2-0 mu mukino w'ikirarane w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'Icyiciro cya mbere y'u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Igitaramo cy’urwenya cya Gen – Z Comedy Show, cyagarutse aho kuri iyi nshuro umuhanzi Makanyaga Abdul wamamaye mu ruhando rwa muzika nyarwanda yo ha mbere azasusurutsa abazitabira iki gitaramo.
Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, Angelique Habyarimana yemeje ko Ishimwe Dieudonne wamamaye nka Prince Kid akora muri Miss Rwanda, wari umaze igihe yarahungiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatawe muri yombi bigizwemo uruhare n’Ubushinjacyaha Bukuru bw'u Rwanda
Umukinnyi wa Filime  Irunga Longin wamamaye nka "Tukowote" mu ruganda rwa Sinema mu Rwanda yambitse impeta y’urudacuyuka umukunzi we bitegura ku rushinga bitarenze muri 2026.