Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umukinnyi wo mu kibuga hagati w'Umunyarwanda , Hakim Sahabo umaze igihe yirengagizwa yaciye amarenga yuko akumbuye gukinira Amavubi.
Umuhanzi Weasel Manizo wamamaye mu itsinda rya Goodlife muri Uganda, yateye imitoma umugore we Teta Sandra ku munsi w'isabukuru ye y'amavuko.
Si rimwe Si kabiri uzumva batera urubwa abakobwa b’ibizungerezi ngo ntabwo bajya bamenya ibijyanye n’umupira ngo ndetse n’iyo bakoze agashya bakabimenya akenshi bafana amakipe abakunzi babo bafana.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly yatangaje ko ahakura amafaranga ndetse n'akazi akora bidakwiye kubera umutwaro ababyibaza.
Imbuga nkoranyambaga zimaze guhindura cyane ubuzima bw’abatuye Isi, ntabwo bisaba kuba uri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugirango umenye amakuru y’ibyamamare byaho
Umuhanzi Giribambe Joshua uzwi muri muzika nka Jowest, yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya ivuga urukundo yise “Mon Bebe”
Israel Mbonyi n’abandi bahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana baraye batanze ibyishimo n’umunezero udasanzwe mu gitaramo cya Gen Z Comedy Show
Niyonshuti Ange Tricia yateye imitoma umugabo we Dr. Muyombo Thomas, benshi bazi mu ruhando rwa muzika nka 'Tom Close', amwifuriza isabukuru nziza y'imyaka 41 y’amavuko
Iseka Rusange rya 'Gen-Z Comedy Show' ryagarutse, aho abazitabira bazasusurutswa n'umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi