Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Al Hilal SC yo muri Sudani ibitego 3-1, mu mukino wa wa ½ mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2025, ihita isezererwa
Benshi batagize amahirwe yo kubana cyangwa kubona umuhanzi Minani Rwema, akiri mu mubiri, uyu munsi bahura na we binyuze mu bihangano cyangwa se bumvise indirimbo ze mu birori binyuranye by’umuco Nyarwanda birimo ubukwe, n'ibindi
Umuhanzi Nyarwanda Sano Thierry uzwi ku izina rya Iddo Wurld yashyize hanze indirimbo nshya iri mu njyana ya Afro – Fusion yise "Kontrola"
Ikipe y'u Rwanda Amavubi yatsinze ikipe y'Igihugu ya Zimbambwe, igitego 1-0 mu mukino wa munani wo gushaka itike yo kwerekeza mu Gikombe cy'Isi cya 2026
Umuraperi Muhire Jean Claude uzwi nka Jay C yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yari amaze iminsi ararikira abakunzi be yise “Oh Dieu”, igaragaramo bambaye imyambaro y'abapadiri n'abamanseri
Umuhanzi Nyarwanda Niyokwizerwa Bosco uzwi cyane ku izina Niyo Bosco, yatunguranye ubwo yifuriza isabukuru nziza y'amavuko umukunzi we, Mukamisha Irene, bamaze igihe mu munyenga w’urukundo.
Umunyamakuru w'imikino Ndayishimiye Reagan uri mu bakunzwe na benshi yongeye kumvikana kuri radiyo nyuma yo gufungurwa
Ni kenshi abantu bajya bibaza ngo ese buriya umuntu yaba umuhanzi bikamuhira ndetse ntiyibagirwe n’inshingano ze zijyanye n'amashuri ?  igisubizo twaguha ni , yego rwose
Bajya bavuga ngo imyaka ni nk’inkorora ntabwo yihishira, ndetse uko ugerageje kwiyitaho kose birangira umubiri ugaragaje gusaza. Gusa ibyo ni imvugo zicyuye igihe kuko uyu munsi benshi basigaye barenza 30 bagikeye ndetse rwose ntaho bataniye n'inkumi n'abasore b'imyaka 20