Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika izwi mu gutegura amafunguro yihuse azwi nka 'Fast Food', yiganjemo inyama z’inkoko, KFC, yongeye gufungura imiryango nyuma y’iminsi iri mu mavugurura
Umuhanzi Diez Dola uri mu bahagaze neza mu muziki Nyarwanda wo muri iyi minsi, ari mu byishimo nyuma y’uko indirimbo ye nshya “Extra Stamina’ , ikoze agahigo ko kurebwa n’abarenga miliyoni imwe mu minsi 12 yonyine.
Ikipe ya Al Hilal SC yatsinze Amagaju FC ikomeza kwicara ku mwanya wa mbere idatewe icyugazi n'indi kipe iyo ariyo yose.
Kuri iki cyumweru, tariki 29 Werurwe 2026, mu ihema rya Camp Kigali ni bwo habaye ibirori byo gusoza Amarushanwa y’Imbyino Gakondo n’Ubusizi mu Mashuri Makuru na Kaminuza ku rwego rw’Igihugu aho Amatorero 10 ndetse n’Abasizi 11 ari bo bahatanaga ku rwego rw'Igihugu.
Badrama wayobotse inzira yo gusebya no guharabika u Rwanda n’abayobozi barwo yakumiriwe kwinjira ahabereye igitaramo cy'umuhanzi Ruti Joel muri Leta Zunze Ubumwe za America.
kipe ya Al Hilal SC yatsindiye Rutsiro FC ihita ifata umwanya wa mbere ku rutonde rwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
Umuhanzikazi Mugemana Yvonne wamamaye nka Queen Cha mu muziki Nyarwanda, yahishuye ko atarabasha kwakira ko yabuze Se, Dr. Mugemana witabye Imana muri Mutarama 2026.
Iyamuremye Jean Claude wamamaye mu ruhando rw’umuziki nka Dr. Claude yahishuye ko afata Perezida Kagame nk’Intumwa bitewe n'imiyoborere ye myiza.Ibi uyu muhanzi yabitangaje mu kiganiro yahaye itangazamakuru nyuma yo gususurutsa abitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen-Z Comedy Show, cyabaye mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 26 Werurwe 2026.
Ministiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yakebuye urubyiruko rujya ruvuga ko Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bitarureba  abibutsa ko kwibuka ari inshingano ihoraho.