IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Umunya Esipanye Martí Soriano Pau ukinira Never Say Never (NSN) Development Team ni we wegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2026, kakinwe ku ntera y'ibilometero 134,6 kuva mu Mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, kugera mu Karere ka Huye.
Diyosezi Gatlolika ya Butare yatangaje ko Padiri Prof. Faustin Rutembesa yitabye Imana ku cyumweru tairki ya 22 Gashyantare 2026, azize uburwayi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe ayoboye intumwa z’u Rwanda zitabiriye iyi nama iri kubera Palais des Nations i Genève, aho ari kumwe na Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Hon Dr Emmanuel Ugirashebuja.
Rayon Sports yatsinze Mukura VS ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’u Rwanda.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yakiriye indahiro y'Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, Col Charles Sumanyi, aboneraho kumusaba kuzarangwa n’ubunyangamugayo muri izi nshingano nshya atangiye
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko umutungo wose w'urwego rw'imari mu Rwanda wageze kuri miliyari ibihumbi 15,9Frw mu mpera z'Ukuboza 2025, izamuka rya 23.7%
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo itangiraho inguzanyo ku ma banki ho iby'ijana 50, kigera kuri 7.25% mu gihembwe cya kane cya 2025, kivuye kuri 6.75% cyariho mu gihembwe cyabanje
Umuyobozi w'Ingabo za Loni ziri mu butumwa bw'amahoro mu Karere ka Juba, muri Sudani y'Epfo, Brig.Gen. Mohammad Iqbal Hossain, yashimiye abasirikare b’u Rwanda ubunyamwuga, imyitwarire myiza n’ubwitange bibaranga
Umuyobozi w'Ishyirahamwe ry'Umukino wo gusiganwa ku Magare, FERWACY, Samson Ndayishimiye, yavuze ko kuri iyi nshuro irushanwa rya Tour du Rwanda rizahuzwa n'imyidagaduro aho kuba siporo gusa, mu rwego rwo kurushaho kuryohereza Abanyarwanda
Pariki y’Akagera yatangaje ko mu mwaka wa 2025, hafashwe abantu 135 bakekwaho ubujura bw’inyamaswa barimo abafatiwe imbere muri Pariki ndetse no hanze yayo.