IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yifurije Abagore Umunsi mwiza wabo, abashimira uruhare bakomeje kugaragaza mu iterambere ry'Igihugu.
Rayon Sports na APR FC, zombi zavanye i Rubavu inota rimwe, rimwe mu mikino y'umunsi wa 23 wa shampiyona y'u Rwanda.
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki ya 4 Werurwe 2026, yemeje umushinga w’itegeko rigenga Umutungo Koranabuhanga (Virtual Assets) mu Rwanda, rigamije gushyiraho imikorere inoze igenga uru rwego rushya
Abasenateri bagaragaje ko bahaganyikishijwe n'ubwiyongere bw'ibirego by'abaturage bangirizwa n'inyamaswa ziva muri Pariki zibakikije, aho byiyongereye hafi 30% muri 2024-2025
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyagatare bwatangaje ko mu rwego rwo kureshya ndetse no gufasha abashaka gushora imari, bifuza kubaka inganda mu cyanya cyahariwe inganda muri aka Karere ndetse no kubaka ibikorwaremezo birimo imihanda
Umunya-Brazil Ribeiro Bravo Henrique w'imyaka 19 ukinira Soudal Quick-Step Devo Team yegukanye Agace ka Karindwi ka Tour du Rwanda 2026  ka Musanze-Kigali, akoresheje 3h20'59", ku ntera y’ibilometero 147,2.
APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-1 mu mukino w'umunsi wa 22 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare 2026
Ikipe ya Gasogi United yanganyije na Al Merreikh SC igitego 1-1 mu mukino w'umunsi wa 22 wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League
Umudage Jermaine Zemke w’imyaka 20 ukinira Rembe Rad-net, yegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2026, kakiniwe mu Karere ka Rubavu ku ntera y'ibilometero 8, akoresheje isaha imwe, iminota 44 n’amasegonda 27 (1h44’27’).