IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Ambasaderi Col (Rtd) Donat Ndamage yashyikirije Umwami Mswati III wa Eswatini, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Minisitiri w'Urubyiruko, Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yashimiye urubyiruko rw'abakorerabushake uruhare rugira mu iterambere ry'igihugu, arusaba gukomeza kurangwa n’imyitwarire myiza, kwitanga no gusigasira ibyagezweho
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo gikora ishoramari cyo mu Bushinwa, hagamijwe gukomeza ubufatanye mu bucuruzi n’ikoranabuhanga hagati y'impande zombi
U Rwanda rwakiriye imiryango 69 igizwe n'Abanyarwanda 223, batahutse nyuma y'imyaka myinshi batuye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko Banki y'Isi yabaye umufatanyabikorwa mwiza mu guteza imbere uburezi, aho hamaze kubakwa ibyumba by'amashuri birenga 11,000 hirya no hino mu gihugu, byafashije mu kugabanya ubucucike mu mashuri yo mu byaro
Umuyobozi w’ishami rishinzwe ubufatanye bwa Gisirikare n’abasivili mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Colonel Désiré Migambi Mungamba, yasabye abayobozi b’amashuri kugira uruhare rufatika mu kwigisha amateka y’u Rwanda urubyiruko
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu batandukanye bakurikiranyweho ubujura bw’ibitabo bitangwa mu mashuri n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) ndetse n’ibiribwa bigenewe abanyeshuri.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafunze abagabo batanu, bakurikiranyweho kwangiza ibikorwaremezo by’amashanyarazi bakiba insiga zikwirakwiza umuriro mu baturage.
Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yatangaje ko hafashwe ingamba ko nta kipe y’igihugu izongera gusohoka igiye kuba “ingwizamurongo”.