IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Urukiko rwa Gisirikare rwatangaje icyemezo cyarwo ku rubanza ruregwamo abasirikare ba RDF barimo Maj Vincent Murigande, Capt Peninah Mutoni, na Capt Peninah Umurung
Ubushinjacyaha bwasabiye Kalisa John uzwi nka K.John na Ishimwe Patrick wamenyekanye nka Pazzo Man,bombi bakurikiranyweho uruhare mu gukwirakwiza amashusho ya Yampano arimo kunoza amabanga y’urugo, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Visi Perezida w’Inama y’Igihugu y’Abafite ubumuga mu Rwanda (NCPD), Norbert Ugwaneza, yashimiye Leta y'u Rwanda idahwema guteza imbere imibereho myiza y'Abanyarwanda harimo n'abantu bafite ubumuga, nabo bakomeje urugamba rwo kwiteza imbere.
DCG Jeanne Chantal Ujeneza,  yavuze ko ubufatanye bw’Umuryango w’Abibumbye na Polisi y’u Rwanda ari ingenzi mu gutuma u Rwanda ruza mu bihugu bya mbere ku Isi mu kohereza abapolisi n’ingabo mu bikorwa byo kubungabunga amahoro
Ingabo z’u Rwanda, RDF n’iza Tanzania, TPDF zahuriye mu Karere ka Ngoma, mu nama ya 14 y’Abayobozi b’Ingabo zikorera ku mipaka y’ibihugu byombi
Nyuma y'uko amatike yo kwinjira mu gitaramo Davido, azakorera mu mujyi wa Kigali, ashize ku isoko, hategujwe umunsi wa kabiri, uyu muhanzi azahurira n'abakunzi be ibizwi nka 'Meet&Greet"
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yerekeje i Washington DC, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho azitabira umuhango wo gusinga amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, DRC
Ambasaderi w'u Rwanda muri Tanzania, Gen Patrick Nyamvumba yavuze ko ingendo za RwandAir zerekeza mu kirwa cya Zanzibar, zije ari igusubizo ku baturage b'impande zombi
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR, Soraya Hakuziyaremye, yatangaje hari ikizere ko uko ifaranga ryataga agaciro mu myaka ishize bizaba byaragabanutse mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026.
Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete Nyarwanda y'Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, Yvonne Makolo, avuga ko urwego rw’ubwikorezi bw’imizigo rwitabwaho cyane kandi rukomeje gutanga umusaruro bishimangirwa n'amasezerano u Rwanda rufitanye n’ibihugu birenga 100 yo gukoresha ikirere cyabyo.