IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Minisitiri w'Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yashimangiye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw'ibidukikije ari inzira yo guharanira kugera ku mahoro n’ubukire birambye
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko Ubushomeri bwagabanutseho 1.9%, mu gihe abafite imyaka yo gukora (16 kuzamura), 57% bafite akazi.
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball, Axel Mpoyo, yemeje ko atazakina mu mikino yo gushaka itike ya FIBA World Cup, izaba hagati ya tariki ya 27 kugeza ku ya 30 Ugushyingo 2025 muri Tunisia.
U Rwanda na Somalia byasinyanye amasezerano y’ubutwererane rusange ndetse byemeranya ishyirwaho rya komisiyo ihuriweho shinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryayo, no gushaka izindi nzego ibihugu byombi byakoranamo.
Polisi y'u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kiagli ifatanije n’izindi nzego ndetse n’abaturage yafashe abagabo babiri bacuruza urumogi mu baturage.
Amb. Urujeni Bakuramutsa, yashyikirije Perezida w’u Busuwisi, Karin Keller-Sutter, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemereye amakipe atatu yo muri Sudani kuzakina muri  Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.
Mu Karere ka Huye, hatashywe Ikigo cy’Urubyiruko cyiswe 'Inzozi Youth Center', kizajya gikoreshwa nk'ahantu ho kwigira ubumenyi bushya no gukorera imishinga ibyara inyungu