IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Pariki y’Akagera yinjije miliyoni 5.06 z'amadorari ya Amerika (miliyari 7 Frw) mu mwaka wa 2025, zivuye kuri miliyoni 4.7$ (miliyari 6,7 Frw) yari yinjije mu 2024, bivuga ko amafaranga yinjiye yiyongereyeho 5,4% mu mwaka umwe
Umujyi wa Kigali wahawe ikirango cyitwa "UCI Bike City" nk'ishimwe ry'uko wakiriye neza Shampiyona y'lsi y'Amagare ya 2025 kuva tariki ya 21 kugeza 28 Nzeri 2025, bwa mbere ku Mugabane wa Afurika.
APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampyiona y’u Rwanda wabereye muri stade Amahoro ku mugoroba wa ku wa gatandatu tariki ya 14 Gashyantare 2026.
Rayon Sports FC yatsinze Police FC igitego 1-0, mu mukino w’umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali yatangaje ko mu minsi itanu hafashwe litiro zisaga ibihumbi 17 z’inzoga zitujuje ubuziranenge, ndetse na litiro 89 za Kanyanga, zose zikaba zamenwe
Abahinzi b'umuceri bo mu Murenge wa Bugarama, mu Karere ka Rusizi barishimira ko bagiye guhambwa indishyi nyuma yuko imvura nyinshi yangije hegitare 80 z'umuceri bari barahinze
Urwego rw'Igihugu rw'Abanyamakuru bigenzura RMC rwihanangirije ibinyamakuru birimo SK FM na ISIBO kubera imyitwarire ihabanye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru ikomeje kugaragara mu biganiro bya siporo bitambutswa kuri izi radiyo.
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko ingengo y’imari y’u Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw, iva kuri miliyari 7,032,5 Frw ikagera kuri miliyari 6,952,1 Frw.
Ngabo Roben wari ushinzwe itangazamakuru n’itumanaho muri Rayon Sports, yavuze ko impamvu yatumye atandukana n'iyi kipe yari amazemo imyaka itandatu, ari uko atahuje n'ubuyobozi buriho
Abadepite basanga gukemura ibibazo mu bigo by'igororamuco bikwiye kujyana n'ubujyanama ku bari mu bigo by’igororamuco, binyuze mu kubigisha indangagaciro, kubakorera isanamitima no gukurikirana imiryango yabo.