IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko mu cyumweru kimwe, u Rwanda rwinjije miliyoni 13 z'amadorari ya Amerika, yaturutse kuri toni ibihumbi 10,204 z’ibikomoka ku buhinzi bitandukanye byoherejwe mu mahanga
Abanyeshuri biga mu Ishuri ryisumbuye ryigisha ibijyanye n'ikoranabuhanga rya Rwanda Coding Academy, barishimira Kaminuza yabo yihariye igiye kuzura, kuko izabafasha gukomeza kuzamura ubumenyi ku rwego mpuzamahanga
Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin, umwarimu muri Kaminuza ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga, yaregewe urukiko.
Ikigo Gishinzwe Amazi Isuku n'lsukura (WASAC Group) cyatangaje ko hari serivisi zayo zirimo n’izo gusaba amazi zigiye kujya zitangirwa ku rubuga rwa Irembo
Mu rwego rwo guha icyubahiro no gushimira umusanzu udasanzwe w'abantu bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu, bamwe mu banyacyubahiro n'abayobozi bakuru bahawe impamyabumenyi z’ikirenga z'icyubahiro na Kaminuza Mpuzamahanga zitandukanye
Mu muhanda Musanze-Kigali habereye impanuka ikomeye y’imodoka y’ikamyo yagonze imodoka itwara abagenzi ‘coaster’, ihitana umushoferi abandi barakomereka.
Abaturage biganjemo abari mu za bukuru bo mu kagari ka Nyirangarama mu murenge wa Bushoki wo mu karere ka Rulindo, bavuga ko impinduka zituruka ku gikorwa cya siporo ya buri wa gatandatu bitangirije iwabo mu giturage zimaze kugaragara dore ko abenshi bakize indwara zirimo umuvuduko w’amaraso.
Imibare ya Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi igaragaza ko mu myaka irindwi ishize kuva mu 2017-2024, inka ziyongereye ku kigero cya 26%, naho umusaruro w'amata ugera kuri miliyari irenga
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Dominique Habimana, avuga ko bashyizeho ingamba zo gukemura ibibazo bibangamiye umutekano w’abaturiye ahakorerwa ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, birimo kubarindira umutekano, kubimura aho biri ngombwa no gusiba ibirombe bitagikoreshwa
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’iryo muri Mauritania (FFRIM) byasinye amasezerano y’ubufatanye, agamije kuzamura iterambere ry’umupira w’amaguru mu bihugu byombi