Nina Cynthia

Mukwaya Olivier

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Ihuriro rya AFC/M23 basubiye i Doha muri Qatar mu rwego rwo kugira ngo basinye amahame aganisha ku masezerano y’amahoro.
Ihuriro rya AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe cy’ukwezi kumwe rimaze kunguka abasirikare bakabakaba ibihumbi 20
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Perezida wa RDC, Felix Tshisekedi, yongeye kudobya gahunda y’amahoro, akanga ko hasinywa amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu hagati y’igihugu cye n’u Rwanda
Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yanze gushyira umukono ku munota wa nyuma amasezerano ahuriweho n’u Rwanda yerekeranye no guteza imbere ubukungu mu karere yagombaga gusinyirwa i Washington DC muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry'izindi ngabo bafatanyije zagabye ibitero zikoresheje indege z’intambara, zisenyera abaturage muri teritware ya Rutshuru no muri Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Rutayisire Vianney, umunyarwanda wari rwiyemezamirimo akaba yarafungiwe muri gereza y’urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Repubulika iharanira demukarasi ya Congo, Demiap ruherereye i Kinshasa yapfuye.
oseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo imyaka 18,Urukiko rukuru rwa gisirikare rwo muri iki gihugu rwamukatiye igihano cyo kwicwa nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorana n’umutwe wa AFC/M23.
Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika iharanira demukarasi ya Congo zimaze iminsi ibiri zihanganira n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RD Congo, mu duce dutandukanye two muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,yahuye rwihishwa n’umuyobozi mukuru w’abacanshuro ba Blackwater