Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Umugore w’imyaka 34 wiyemerera ko asanzwe akora uburaya, akurikiranyweho gusambanya umwana w'umuhungu w’imyaka 14 y’amavuko, amushukishije amafaranga 1000 Frw.
Umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Colonel Deo Mutabazi, yagaragaje ko imvugo z'urwango zikomeje kugaragara hirya no hino ku Isi, zitakwiye kwihanganirwa kuko kutagira icyo uzikoraho bifatwa nko kuzishyigikira cyangwa ubufatanyacyaha.
ngabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Uganda (UPDF) bahuriye mu nama ya karindwi y’Abayobozi bakorera ku mipaka .
Minisitiri w'Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta uri mu ruzinduko rw'akazi mu Misiri, yasuye Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutanga Amahugurwa ku mitwe y'Ingabo zihariye.
Ikigo Gishinzwe Umutungo Kamere w'Amazi mu Rwanda (RWB) ku bufatanye na Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, (AfDB), batangije umushinga uzatwara miliyoni icyenda z'amadolari, ugamije guhangana n'ibibazo by'imihindagurikire y'ikirere mu ntara y'Iburengerazuba.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yifatanyije n'abagize Ihuriro ry’Abacuruzi b’abanyaburayi (EBCR) , mu birori byo gutaha ku mugaragaro ambasade ya Denmark mu Rwanda .
Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva ku wa 16 Gashyantare 2026, yakiriye Ambasaderi Belén Calvo Uyarra, uhagarariye Umuryango w'Ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko kuva mu 2019 kugera mu 2025, Abanyarwanda bagera kuri 297 bacurujwe hirya no hino ku Isi, abagera ku 197 bakaba ari bo bagaruwe bakuwe mu bihugu 14.
Mu karere ka Bugesera, abantu bane bakurikiranyweho gukora no gucuruza ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa kanyanga cyahitanye ubuzima bw'abantu 17 .