Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko ibihugu by’amahanga, bidakwiye gukoresha inkunga n’ubufasha mu kuvogera ubusugire bw’ibindi bihugu.
Uwiyita MUSECOBAE ku mbuga nkoranyambaga nka X , yatabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, na Polisi, kumufasha kumwishyuriza akabari kitwa Velvet Kigali , gaherereye mu karere kaKicukiro, ashinja kumwambura amafaranga.
U Rwanda na  RDCongo bongeye kwemeranya umugambi uhuriweho n’ibihugu byombi wo kurwanya umutwe w’Iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi .
Abantu batandukanye bacitse ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo kubona umukobwa wambaye umwenda w’umuryango utabra imbabare ( Croix Rouge) agaragara asa nk’uha nimero ya telefoni umukinnyi witabiriye shampiyona y’Isi y’Amagare.
Guverinoma y’u Rwanda n’ubwami bwa Maroc, basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n'ubwikorezi bwo mu kirere.
Ababyeyi ba Nirere Xaverine, uri mu ikipe y’u Rwanda iri gukina shampiyona y’Isi y’amagare, barishimira uburyo umukobwa wabo ari kwitwara muri iyi shampiyona ndetse ko ari  guhesha ishema igihugu.
Urukiko rw'Ibanze rwa Gasabo, kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri 2025, rwatangiye kuburanisha urubanza Kalisa Adolphe, Camarade ' wahoze ari umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA.
Igisirikare cy’u Rwanda,RDF , cyatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri 2025,igipolisi cy’Uburundi, cyataye muri yombi umusirikare w’u Rwanda witwa St Sadiki Emmanuel , usanzwe ari umushoferi mu ngabo z'u Rwanda.
Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere ya Sena yatangiye igikorwa cyo kugenzura uruhare rw’ihame ry’uburinganire mu guteza imbere umuryango nyarwanda.
Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umukino w'Amagare (FERWACY) ryatangaje ko ryiteguye gufasha Nsengimana Jean Bosco,watwaye isiganwa ry’amagare rya Tour du Rwanda, ariko nyuma aza kuva mu mukino w’amagare.