Amakuru

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025

MIFOTRA yasabye urubyiruko kwihugura ku ikoranabuhanga rya AI no guhanga imirimo mishya

U Rwanda rugiye kwakira inama ihuza Intumwa Nkuru za Leta ku Isi

Minisitiri w'Intebe ,Dr Nsengiyuma Justin, yagaragaje ko Kiliziya Gatorika yo mu Rwanda, yagize uruhare rukomeye mu iterambere ry'igihugu,yubaka amashuri n'amavuriro byafashije Abanyarwanda.
Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda,Antoine Cardinal Kambanda, yashimiye Imana, Kiliziya yose na Nyirubutungane Pope Leo XIV kubera iyi Yubile y'impurirane, avuga ko kiliziya yo mu Rwanda yavuye ahantu hakomeye.
Urukiko rwa Gisirikare rwatangaje icyemezo cyarwo ku rubanza ruregwamo abasirikare ba RDF barimo Maj Vincent Murigande, Capt Peninah Mutoni, na Capt Peninah Umurung
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko mu mwaka wa 2025, abantu 130 bishwe n'ibiza , inzu 1800 zirasenyuka.
Abanye-Congo 526 biganjemo abana n'abagore, bahungiye mu Rwanda imirwano iri kubera mu bice bya Kamanyola no mu nkengero zaho.
Ambasaderi Parfait Busabizwa, Ku wa Kane tariki ya 4 Ukuboza 2025, yashyikirije Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Guinée Equatoriale, Simeon Oyono Esono Angue, Kopi z'impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka