Amakuru

Igikomangoma Spéciose Mukabayojo yasezeweho mbere yuko ashyingurwa  mu Rwanda mu mpera z’iki cyumweru.
Abanyarwanda barenga 200 bari bamaze imyaka bahungiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Ugushyingo 2024, batahutse ku bushake .
Urwego rw’Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi, Egide Hanyurwimfura wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba, akurikiranyweho  gukoresha inyandiko mpimbano.
Louise Mushikiwabo, yatangaje ko u Rwanda nk’umunyamuryango, rumaze kungukira kuri byinshi birimo ko rwagize abarimu bigisha ururimi rw’Igifaransa no guteza imbere abagore n’urubyiruko
Abagize Inteko Ishinga Amategeko batangiye guhugurwa ku mikoreshereze y’ubwenge buhangano (AI) mu miyoborere y’igihugu mu rwego rwo kongerera ubumenyi inzego za Leta ku ikoranabuhanga rigezweho no kuribyaza umusaruro mu bikorwa byabo bya buri munsi
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yongeye gushimangira ko icyemezo cyo gufungura ikibuga cy'indege cya Goma, kigomba gufatirwa mu mwanzuro w'ibiganiro by'amahoro bya Doha bihuza AFC/M23 na Leta ya RDC
Abagize Inteko ishinga Amategeko, umutwe w'Abadepite batangiye ingendo mu Ntara zose z'Igihugu zigamije gushaka amakuru ku bikorwa bya Guverinoma byerekeranye n'iterambere ry'imijyi, imiturire n'imikoreshereze y'ubutaka
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ryafatiye mu Mujyi wa Kigali, abantu batandukanye bafite urumogi ibiro 10 n’udupfunyika twarwo 452
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo 2025, yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Guinée , Morissanda Kouyaté.