Amakuru

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda basaga 500 baturuka mu miryango irenga 150, batashye baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko umuhanda uhuza uturere twa Nyanza, Bugesera na Ngoma utari bukoreshwe n'ibinyabiziga guhera saa sita z'amanywa kugeza saa moya za nijoro
Depite Bizimana asanga umubare w’abasinyira idini cyangwa itorero kugirango ryemerwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, urimo amananiza kuko amadini yose atariko yabona abayoboke 1000 bayasinyira
Depite Pie Nizeyimana yasabye Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, kwinjira mu bibazo bimaze iminsi bigaragara muri Rayon Sports, kuko bigira ingaruka ku mbaga nini y'Abanyarwanda bayikunda, abasabira kurindwa agahinda
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'Ububiligi, Maxime Prévot, ni umwe mu ba Minisitiri b'Ububanyi n'Amahanga bitabiriye inama ya 46 iri kubera mu Rwanda y'aba Minisitiri bagize umuryango w'ibihugu bivuga ururimi rw'Igifaransa, Francophonie
Perezida wa Pan African Movement-Rwanda, Hon Musoni Protais, yasabye urubyiruko guharanira kugira amahitamo yo kwigenga mu bitekerezo ndetse no gukunda igihugu no kugikorera
REB yagaragaje ko abarimu bigisha ururimi rw'Igifaransa boherejwe n'Umuryango w'Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, ari abafatanyabikorwa b'imena mu rugendo rwo guteza imbere uru rurimi mu burezi bw'u Rwanda