Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko hakwiriye gufatwa ingamba ziboneye zo guha umugore agaciro n’ubushobozi, kugira ngo abe umufasha mu gukemura ibibazo byugarije Isi muri iki gihe
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva ku mugoroba wo ku wa 18 Ugushyingo 2025, yakiriye PRAK Sokhonn, Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubwami bwa Cambodge.
Umuramyi Ngendahayo Richard Nick yahishuye ko impamvu yahaye amafaranga ibihumbi 500, umunyarwenya Kadudu Kaduhire, ari uko yifuzaga kumuremamo icyizere no kumwibutsa ko ari umwe mu bo u Rwanda rwitezeho iterambere
RBC yagaraje ko u Rwanda rwageze ku ntego yo gukingira abangavu kanseri y'inkondo y'umura ku kigero cya 90% by'intego yari yashyizweho n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Buzima, OMS
DCG Jeanne Chantal Ujeneza, yavuze ko umutekano u Rwanda ruzwiho ku ruhando mpuzamahanga, udakwiye kuba gusa uwo mu bya Gisirikare ahubwo ko hakwiye kwitabwa no ku mutekano w’abakoresha umuhanda
Dusengiyumva Samuel, yavuze ko hatangiye kubakwa no kuvugurura imihanda kugirango hagabanywe umuvundo, yibutsa abayikoresha ko hakenewe ubufatanye bwabo mu kuyibungabunga no kubungabunga ubuzima bwabo