Amakuru

Minisitiri w'Uburezi Joseph Nsengimana yatangaje ko mu myaka ine iri imbere hazaba huzuye amashuri atanu ya Leta afasha abana bafite ubumuga bwihariye, ndetse n'andi mashuri hirya no hino mu gihugu akazaba ayigiraho
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ko umushinga wa Biogaz yifashishwa mu guteka utatanze umusaruro nkuko byari biteganyijwe gusa ivuga ko hatangijwe  indi gahunda yo kongera kuwugerageza bityo bizeye ko uzatanga umusaruro.
Cyprien Uzabakiriho wamenyekanye nka Djihad na Kwizera Nestor ukunda kwiyita Pappy Nesta batawe muri yombi bakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano ari gutera akabariro.
Korali, amatsinda yo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’abahanzi ku giti cyabo bo muri ADEPR bari kugendera ku mabwiriza mashya agenga ababarizwa muri iri Torero ryiyita iry’Umwuka
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss yavuze ko nta gihugu cyumva neza ibyo u Rwanda rwanyuzemo nka Israel, ndetse ko gusura u Rwanda bituma bumva neza ko Jenoside yakorewe Abatutsi itateguwe umunsi umwe
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe na Sudani y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma w’amatsinda y’Irushanwa rya CECAFA riri kubera muri Ethiopia
Minisitiri W’Ibikorwaremezo,Dr Jimmy Gasore, yagaragaje ko ikibazo cy’ibicanwa gihagangayikishije leta ndetse ko kugeza ubu abanyarwanda 94% bagikoresha inkwi n’amakara, agaragaza ko hari ingamba zitandukanye zo kuzamura umubare w’abakoresha ibicanwa bitangiza ikirere
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda , Amb. Olivier Nduhungirehe, yahuye n’Intumwa yihariye y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ishinzwe Akarere k’Ibiyaga Bigari, Amb. Johan Borgstam
Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda watangaje ko uri gukora ibishoboka byose mu gufasha abayobozi b’imisigiti 320 kuba bafite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza bitarenze muri Werurwe 2026 nk'uko byasabwe na RGB
Abanyamuryango b’akanama k'Umuryango w'Abibumbye gashinzwe Umutekano, bahuriye mu mwiherero wihariye hagamijwe kungurana ibitekerezo ku bibazo by'umutekano muke muri RDC

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka