Amakuru

Minisitiri w'Intebe ,Dr Nsengiyuma Justin, yagaragaje ko Kiliziya Gatorika yo mu Rwanda, yagize uruhare rukomeye mu iterambere ry'igihugu,yubaka amashuri n'amavuriro byafashije Abanyarwanda.
Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda,Antoine Cardinal Kambanda, yashimiye Imana, Kiliziya yose na Nyirubutungane Pope Leo XIV kubera iyi Yubile y'impurirane, avuga ko kiliziya yo mu Rwanda yavuye ahantu hakomeye.
Urukiko rwa Gisirikare rwatangaje icyemezo cyarwo ku rubanza ruregwamo abasirikare ba RDF barimo Maj Vincent Murigande, Capt Peninah Mutoni, na Capt Peninah Umurung
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko mu mwaka wa 2025, abantu 130 bishwe n'ibiza , inzu 1800 zirasenyuka.
Abanye-Congo 526 biganjemo abana n'abagore, bahungiye mu Rwanda imirwano iri kubera mu bice bya Kamanyola no mu nkengero zaho.
Ambasaderi Parfait Busabizwa, Ku wa Kane tariki ya 4 Ukuboza 2025, yashyikirije Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Guinée Equatoriale, Simeon Oyono Esono Angue, Kopi z'impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi butangaza ko bumaze kwakira abaturage bo muri Congo 199,bahunze imirwano.