Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagiye yegeka ibibazo byayo ku Rwanda, anahishura ko Perezida Tshisekedi ubwe ari we watangije ibiganiro bya Doha na Washington agamije inyungu ze bwite
Diviziyo ya kabiri y’Ingabo z’u Rwanda, RDF, yatsinzwe na Diviziyo ya kabiri y’Ingabo za Uganda, UPDF, ibitego 5-2 mu mukino wa gicuti mu mupira w'amaguru wahuje impande zombi.
URwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka miliyoni 228$ , akubiyemo intego yo gushyigikira urwego rw’ubuzima mu Rwanda mu gihe cy'imyaka itanu.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga