Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rwafatiye ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda, nyuma y’ibibazo bikomeje kugaragara mu mitangire ya serivisi zayo
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François‑Xavier, ari i Genève mu Busuwisi aho ahagarariye u Rwanda mu Nama Mpuzamahanga y’Abaperezida b’Inteko Ishinga Amategeko, ibaye ku nshuro ya gatandatu