Ibitekerezo

Kuki ari ngombwa ko umubyeyi asomera umwana igitabo?

Weekend yageze! Urajya Gusenga cyangwa urajya mu Kabari?

Amakuru yasimbujwe amatiku: Mpangara nkuhangare mu banyamakuru ba Siporo ihatse iki?

Kuki tubyuka twibagiwe indoto twarose?

Ndabyibuka nkiri agakobwa gato mu myaka irenga 10 ishize, nigeze gutaha ubukwe bw'umuvandimwe wanjye, mbona uburyo imiryango yateranye, inshuti ze n'abana tungana batashye ikirori, ntibagiwe amamodoka yatatswe mu buryo butangaje, nange ndavuga ngo inzozi zange ni ukuzakora ibyo birori by'akataraboneka.
Umuririmbyi w’indirimbo ya 169 mu Gushimisha Imana yarateruye agira ati “Mana nk’uko wafashaga ba sogukuruza, ni ko natwe uzadufasha mu myaka iri imbere.”
Inararibonye mu bya Politiki, Hon. Tito Rutaremara, asanga abavuga ko u Rwanda ruri muri RDCongo gushyigikira Ihuriro rya AFC/M23, ari ibinyoma kuko umutwe wa M23 wihagije kandi ko nta bimenyetso bifatika ababivuga bashingiraho
Radio Salus ni imwe mu ma radiyo yashyize umusingi ku iterambere ry’itangazamakuru mu Rwanda, n’imwe mu maradiyo yigenga yatangiye mu Rwanda ndetse ntitwareka kuvuga ko benshi mu Banyamakuru bakomeye u Rwanda rufite uyu munsi banyuze kuri iyi radiyo
Umuvuduko w’iterambere ry’u Rwanda uragaragarira Isi yose nyuma ya Jenoside yakorewe Abatusi 1994.Ibi bishimangirwa n’ uburyo ikoranabuhanga riri kwifashishwa mu nzego zitandukanye zirimo ubuvuzi, umutekano,Uburezi, imari,ubuhinzi n’Ubworozi, ndetse n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
Umuryango Nyarwanda wita ku buzima HDI, wagaragaje ko mu bushakashatsi bakoze mu mwaka wa 2024, babukoze ku bakozi bo mu rugo mu Mujyi wa Kigali, bwagaragaje ko abarenga 287 bavuze ko bigeze gutekereza kwiyahura
Ibendera ry’Igihugu rigizwe n’amabara atatu arimo icyatsi kibisi, umuhondo n’ubururu. Habanza ibara ry’icyatsi kibisi, rikurikirwa n’ibara ry’umuhondo, kandi ayo mabara yombi yihariye icya kabiri cy’ibendera ryose.
Mukabizimungu Athanasie ni umwe mu bitabiriye ibirori bidasanzwe byo kwita amazina abana b’ingagi 40, ndetse aba umwe mu bahaye izina umwana w’ingagi izina rya ‘Cyubahiro'
Bajya bavuga ngo imyaka ni nk’inkorora ntabwo yihishira, ndetse uko ugerageje kwiyitaho kose birangira umubiri ugaragaje gusaza. Gusa ibyo ni imvugo zicyuye igihe kuko uyu munsi benshi basigaye barenza 30 bagikeye ndetse rwose ntaho bataniye n'inkumi n'abasore b'imyaka 20

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka