Imikino

Ikipe ya Al Hilal SC yatsinze APR FC ibitego 2-0 mu mukino w'ikirarane w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'Icyiciro cya mbere y'u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Ikipe ya Rayon Sports FC yasinye amazerano y’ubufatanye n’umuterankunga mushya ugiye gushora asaga miliyari 5 Frw muri iyi kipe mu gihe kingana n’imyaka itanu.
Rayon Sports yari imaze iminsi myinshi iri mu bihe bigoye , yatsinze AS kigali 1-0 , yongera kugarura ikizere cyo guhatanira igikombe.
Ikipe ya APR FC yigirije nkana kuri Gasogi united iyitsinda ibitego 3-0 mu mukino w'umunsi wa 18 wa Shampiyona y’u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Amagaju FC yatangaje Sghir Hammad nk’umutoza Mukuru mushya wayo mu gihe yari imaze ibyumweru birenga bitatu idafite umutoza Mukuru.
Ikipe ya Etincelles FC yatangaje ko yirukanye uwari umutoza wayo Masudi Djuma n’abungiriza be bose, ahita asimbuzwa Bizimana Abdou (Bekeni) wari usanzwe ushinzwe Tekinike muri iyi kipe
Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina mu kibuga hagati asatira, Hakim Sahabo, yamaze kwerekanwa nkuymukinnyi mushya w’ikipe ya AEK Athens yo mu Bugereki ikina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri icyo gihugu.Ikipe ya  AEK Athens yifashishije imbuga nkoranyambaga zayo ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 02 Gashyantare 2026, basangije amafoto ya Hakim Sahabo abakunzi b’iyi kipe maze imuha ikaze mu muryango mugari w’iyi kipe.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka