Imikino

Abasiganwa ku magare bo mu ikipe ya Team Rwanda bagiye guhagararira Igihugu mu irushanwa mpuzamahanga ry’imikino y’amagare ryo muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu, Sharjah Tour 2026
Ikipe ya El Merriekh SC Bentiu yo muri Sudani y’Epfo yasinyishije abakinnyi barimo Serumogo Ali Omar utandukanye na Rayon Sports na Shaban Hussein Tshabalala wakiniraga Musanze FC
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 19 Mutarama 2026, nibwo inkuru y’akababaro ivuga ko Ferry Jean Pierre, Se wa Bruno Ferry umutoza Mukuru wa Rayon Sports yitabye Imana
Umukinnyi w'umupira, Uwacu Jean Bosco wakiniye amakipe arimo Atraco FC, APR FC na Police FC, yitabye Imana azize uburwayi
Al Hilal Omdourman yanyagiye Rayon Sports FC ibitego 4-0 mu mukino w'umunsi wa 15 wa shampiyona y'u Rwanda .
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamenyesheje amakipe ane yabaye aya mbere muri Shampiyona ya 2024/25 ariyo APR FC, Rayon Sports FC, Police FC na AS Kigali, ko azakina Igikombe cy'Intwari (Heroes Cup 2026), aho kuba ane ya mbere muri Shampiyona ya 2025/26

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka