AS Muhanga kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Ukuboza 2025, yanganyije na Al Merreikh 0-0 mu mukino w'umunsi wa 13 wa shampiyona y'u Rwanda wabereye kuri Sitade ya Muhanga.
Isiganwa ry’amagare rya 'Musanze Challenge 2025', ryarangiye ryegukanywe na Nkundabera Eric ukinira Les Amis Sportifs wegukanye intsinzi mu cyiciro cy’abagabo (Elite & U23) na Nyirarukundo Claudette wa Team Amani yitwaye neza akegukana intsinzi mu cyiciro cy’abagore
Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi, FIFA, Gianni Infantino, yabwiye abana ko ari ahazaza h'umupira w'amaguru ukomeye mu Rwanda, abibutsa ko umupira wigisha guhorana intego yo gutsinda na nyuma yo gutsindwa
APR FC yatsinze AS Muhanga ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda, wabereye kuri Sitade ya Muhanga kuri uyu wa gatanu tariki ya 26 Ukuboza 2026.
Umwaka wa 2025 ni umwaka utazava mu Banyarwanda by'umwihariko abakunzi b'umupira w'amaguru kuko ari bwo ikizere cyo kwerekeza mu gikombe cy'Isi ku ikipe y'igihugu y'u Rwanda cyarangiye ku munota wa nyuma
Bigoranye, Al Hilal Omdourman yanganyije na Marines FC ibitego 2-2, Kiyovu itsinda Rutsiro igitego 1-0 mu mikino y'umunsi wa 12 ya Shampiyona y'u Rwanda.