Imikino

Urwego rutegura shampiyona y’u Rwanda y’icyiciro cya mbere mu bagabo, Rwanda Premier League (RPL), rwatangaje ko muri uyu mwaka w'imikino hazatangwa ibikombe bibiri.
Uyu mukinnyi ukomoka muri Mali w’imyaka 23, biteganyijwe ko agera i Kigali ku wa Kabiri, tariki ya 12 Gicurasi. Uyu musore ufite metero 2.13 kuri ubu akinira ikipe ya Pallacanestro Cantù mu cyiciro cya mbere mu Butaliyani, akaba afatwa nk’umwe mu bafite impano idasanzwe kuri uyu mugabane.
Minisiteri ya Siporo y'u Rwanda yashyikirijwe igihembo cya “UCI Bike City Label Award” gishimira Umujyi wa Kigali uburyo wakiriye neza Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 yabereye i Kigali muri Nzeri 2025
Amakipe ya AS Muhanga, Rutsiro FC, Etincelles FC na AS Kigali ari mu rugamba rwo kurwana no kuguma mu cyiciro cya mbere, arahatana mu mukino w’umunsi wa 31 wa shampiyona y’u Rwanda.
Police FC yanganyije na Police FC 0-0  mu mukino w'umunsi wa 31 wa shampiyona y'u Rwanda (BK Pro League) wabereye kuri Stade Umuganda y'Akarere ka Musanze, Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 Gicurasi 2026.
Amakipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Abatarengeje imyaka 18 na 20 muri Handball yombi egukanye Irushanwa Men's IHF Trophy Africa/Zone 5 abona itike yo gukina Ikikombe cya Afurika.
Ngabo King yatangaje ko yamaze gufunga ‘Musée Ingabo’ ku bwo kubura amafaranga yo kwishyura ubukode bw’inzu y’Umujyi wa Kigali yakoreragamo.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yashimiye ikipe ya Paris Saint Germain yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League isezereye FC Bayern Munich yo mu Budage, ku giteranyo cy’ibitego 6-5 nyuma yo kunganya 1-1 mu wo kwishyura.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yashimiye ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza, yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya UEFA Champions League, isezereye Atlético Madrid yo muri Espagne ku giteranyo cy’ibitego 2-1.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka