Imikino

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Gihugu “Rwanda Premier League” rwatangaje ingengabihe y'uko amakipe azahura mu mikino yo kwishyura ya 2025/26, izatangira tariki 30 Mutarama 2026
Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru mu Rwanda, FERWAFA , ryirukanye , Adel Amrouche wari umutoza w'Amavubi kubera umusaruro udashimishije.
Uwigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yavuze ko umunsi wo ku wa Gatandatatu tariki ya 10 Mutarama 2026,wamubereye muremure ndetse yatashye iwe mu rukerera yanga ko abantu bamubona kubera gutsindwa na APR FC.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamuritse ikirango (Logo) cya Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagore yitwa Rwanda Women Super League (RWSL)
Amasaha arabarirwa ku ntoki ngo umukino w’ishiraniro w’amakipe ahangana kurusha ayandi mu rw’imisozi igihumbi ngo ube.
Harabura amasaha abarirwa ku ntoki ngo ikipe ya APR FC icakirane na Rayon Sports mu mikino izosa igikombe kiruta ibindi mu Rwandacya FERWAFA Super Cup 2025
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda, rwashyiriyeho abatoza abana bakina umupira w'amaguru, amahugurwa azabafasha kongera ubumenyi bujyanye n'imitoreze azatangwa n'ikipe ya Atlético de Madrid

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka