Imyidagaduro

Umuhanzi Bruce Melodie yageneye ubutumwa bw’ishimwe Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kubera  iterambere yagejeje ku Rwanda ndetse n’uburyo izina rye rizwi  neza mu Mahanga.
Rwiyemezamirimo akaba n’umunyarwenya, Merci Ndaruhutse wamamaye nka Fally Merci mu bijyanye n'urwenya yatumiye Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu gitaramo cy’urwenya cya Gen - Z Comedy Show.
Umunyarwenya Iryamukuru Etienne wamamaye nka 5K Etienne byumwihariko mu rwenya rwa 'Bigombaguhinduka", yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Josiane bitegura kurushinga
Icyamamare mu muziki ku rwego mpuzamahanga, David Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido, yatangaje ko ateganya kubaka inzu yo kujya aza kuruhukiramo mu Mujyi wa Kigali
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko ubumwe bwaranze Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ari bwo bwabafashije kongera kwiyubaka no kugira icyizere cy’ejo hazaza
Niyonshuti Ange Tricia umugore w’umuhanzi Tomclose yageneye ubutumwa ababyeyi b’uyu muhanzi abibutsa ko ari abagaciro gakomeye abizeza ko azita ku mwana wabo Tomclose byiteka.Ibi Tricia yabitangaje, ku Cyumweru tariki ya 01 Gashyantare 2026, yifashishije urukuta rwe rwa Instagram aho yagiye ahashyirwa ubutumwa bw’amasaaha 24, Stories, maze asangiza abamukurikira amafoto y’ababyeyi ba Tomclose , ayaherekesha inyandiko zikubiyemo ubutumwa bunyuranye.
Umukinnyi wa Filime, akaba n'Umunyamideli ukomoka muri Nigeria, Temiloluwa Elizabeth Otedola washakanye n'umuhanzi Mr Eazzi, yasangije inkuru y'uburyo yisanze mu rukundo n'u Rwanda yari asuye bwa mbere

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka