Imyidagaduro

Kuri uyu wa kane, tariki ya 15 Mutarama 2026,  igitaramo cy’urwenya Gen Z Comedy Show cya mbere cyo muri uyu mwaka kiraza kuba aho bamwe mu bantu bafite amazina azwi mu bintu bitandukanye mu Rwanda baraza gususurutsa abitabira iki gitaramo.
IShowSpeed, icyamamare cyahinduriwe ubuzima n'imbuga nkoranyambaga, uri mu Rwanda, yatangariye Umujyi Kigali, ubwo yasangiraga akanerekwa urukundo n'Abanyarwanda.
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed, yageze mu Rwanda mu ijoro rishyira ku wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2026, mu rugendo akomeje rwo gusura bimwe mu bihugu bya Afurika
Umuraperi Hakizimana Agappe uzwi nka Shizzo n’umunyamakuru Kayitesi Yvonne uzwi nka Tessy, basezeranye imbere y’amategeko, mu gihe ubukwe nabwo ari bugufi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka