Imyidagaduro

Itsinda ry'abaririmbyi b'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Gisubizo Ministry ryashyize hanze indirimbo nshya bakoranye n'umuhanzi The Ben bise 'Nabaye umwe n’Imana'
Umuhanzikazi Bwiza Emerance yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka Isi yise 'Bwiza Home World Tour'
Nyaminga w'u Rwanda wa 2020, Nishimwe Naomie yasangije ubutumwa bwihanangiriza abakoresha imbuga nkoranyambaga bamwibasira ku buzima bwe bwite bamubaza impamvu atarabyara
Uko Isi yiruka n'Iterambere ry'Ikoranabuhanga, ni nako urubyiruko na rwo rwadukana imico n'imyifatire itandukanye.
Muneza Christophe uzwi mu muziki Nyarwanda ku izina Christopher, yatangaje ko yashenguwe n'urupfu rwa nyina umubyara, umaze imyaka itanu yitabye Imana.
Umunyarwanda niwe wavuze ngo gukunda ni byiza ariko bikaba akarusho iyo ukunze ugukunda. Rimwe na rimwe uzumva bavuga ko urukundo nyarwo rutabaho mu byamamare, gusa akenshi usanga atari inkuru mbarirano kuko abitwa ibyamamare barambana muri urwo rukundo babarika
Kuri uyu wa Mbere nibwo umuhanzi Bruce Melodie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko mu mpeshyi ya 2026 azafatanya na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu byiswe, “2026 Summer Country Tour”
Mu myaka 16 ishize impaka z’umuhanzi wa mbere mu Rwanda zabaga zumvikanamo amazina abiri, Meddy na The Ben, hibazwa ngo ninde ufite ijwi ryiza, ninde wambara neza kurenza undi, ninde ukunzwe cyane n’ibindi byinshi
Niyo Bosco uri mu bafite izina rikomeye mu muziki Nyarwanda yambikanye impeta y’urudashira na Mukamisha Irene, bari bamaze igihe mu munyenga w’urukundo
Niyitegeka Gratien umenyerewe ku amazina arimo Papa Sava, Seburikoko, Ngiga, Sekaganda n’andi menshi, yatangaje ko ageze ku murizo imyiteguro yo gushyira hanze filime nshya irangira yise “What a Day”

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka