Imyidagaduro

Urukiko rwa Nyarugenge rwemeje ko urubanza rurebana n’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Arnaud Shema, wamenyekanye nka DJ Toxxyk, rusubikwa, nyuma y’uko uregwa agaragaje ko atiteguye kuburana
Umuhanzi uririmba injyana ya gakondo mu Rwanda, Intore Massamba azataramira abazitabira ibirori bizaba ku ruhande rw'irushanwa rya Afurika ry'Umupira w'Amaguru, CAN riri kubera muri Morroco
Umunyamerika w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Darren Jason Watkins Jr. uzwi cyane nka IShowSpeed, yatangaje ko mu ruzinduko ateganya gukorera mu Rwanda azasura Ingagi zo muri Pariki y'Ibirunga
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29 Ukuboza 2025, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza rw’ubujurire  kuri bane barimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man, Ishimwe François Xavier, na Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta bose bashinjwa gusakaza amashusho y’urukozasoni y'umuhanzi Yampano.
‎Imandwa Nkuru Rutangarwamaboko yavuze ko kudatoza umuco abakiri bato no kwimariramo amadini ari ikibazo cy'ingutu gikomeje kumunga umuco Nyarwanda ugatakara utyo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka