Umugore wo mu Mudugudu wa Kiberinka, Akagari ka Rugarama,mu Murenge wa Nyarugenge, arashinja nyina kumutwara umugabo, byatumye afata icyemezo cyo kuba avuye muri urwo rugo, rukigarurirwa na nyina.
Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, uri kugirira uruzinduko rw’akazi mu Rwanda, yatangaje ko bifuza ko rwakomeza kubafasha mu gucunga umutekano mu gihe cy’amatora y’umukuru w’igihugu no gukomeza kwagura umubano w’ibihugu.
Al Merrikh SC yo muri Sudani yinjiye mu mateka nk’ikipe ya mbere yo mu mahanga yakinnye muri Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0, hakinwa imikino y’umunsi wa munani
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, ishobora gufatira ibihano amakipe abiri ariyo Al-Hilal yo muri Sudani y'Epfo na MC Alger yo muri Algeria nyuma y'imvururu zabereye mu mukino wahuje aya makipe yombi i Kigali
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga