Inkuru Nshya

Inzego za leta zasabwe kuziba icyuho kiri mu gukemura ibibazo by’abaturage ku gihe

Gen Mubarakh Muganga yaganiriye n’Umugaba Mukuru wa Turukiya

Mu gifute cy’imitoma Tracy Agasaro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umugabo we Rene Patrick

Tariki 6 Gicurasi 1994: Umunsi Kambanda avugira kuri Radio Rwanda ko kwica Abatutsi bigomba byihutishwa 

Jean Bosco Ntibitura yagizwe Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba asimbuye Dushimimana Lambert wari umaze amezi agera kuri cumi n'ane ayobora iyi Ntara.
Prof. Musahara Herman impuguke ndetse akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku wa 20 Ugushyingo 2024, akaba yazize uburwayi nyuma y’igihe gito yaramaze avuye kw’ivuza mu Buhinde, aho yagarukanye imbaraga nke z’umubiri.
RwandAir yatangije ingendo zo mu kirere z’ubwikorezi bw’imizigo, mu mujyi wa Harare muri Zimbabwe.Ni itangazo ryanyujijwe ku rubuga rwa X rw’iyi Sosiyeti y’Ubwikorezi bwo mu Kirere (RwandAir), rivuga ko yatangije ingendo z’ubwikorezi bw’imizigo mu cyerekezo cya munani kijya mu murwa mukuru wa Harare.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka