Inkuru Nshya

Nsabimana Didier wamamaye ku izina rya Wa mu nigga, mu mwuga wo kogosha n’ubugeni yasangije imbamutima ze nyuma yo kwisanga ari kogosha icyamamare Davido
Diviziyo ya kabiri y’Ingabo z’u Rwanda, RDF, yatsinzwe na Diviziyo ya kabiri y’Ingabo za Uganda, UPDF, ibitego 5-2 mu mukino wa gicuti mu mupira w'amaguru wahuje impande zombi.
Urwego rw'Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwafunze Twagirayezu Jean Paul, Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu
URwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka miliyoni 228$ , akubiyemo intego yo gushyigikira urwego rw’ubuzima mu Rwanda mu gihe cy'imyaka itanu.
Perezida Kagame ni umwe mu bitabiriye tombora y’uko amakipe azahura mu gikombe cy’Isi cya 2026.
Minisitiri w'Intebe ,Dr Nsengiyuma Justin, yagaragaje ko Kiliziya Gatorika yo mu Rwanda, yagize uruhare rukomeye mu iterambere ry'igihugu,yubaka amashuri n'amavuriro byafashije Abanyarwanda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka