Nsabimana Didier wamamaye ku izina rya Wa mu nigga, mu mwuga wo kogosha n’ubugeni yasangije imbamutima ze nyuma yo kwisanga ari kogosha icyamamare Davido
Diviziyo ya kabiri y’Ingabo z’u Rwanda, RDF, yatsinzwe na Diviziyo ya kabiri y’Ingabo za Uganda, UPDF, ibitego 5-2 mu mukino wa gicuti mu mupira w'amaguru wahuje impande zombi.
URwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka miliyoni 228$ , akubiyemo intego yo gushyigikira urwego rw’ubuzima mu Rwanda mu gihe cy'imyaka itanu.