Inkuru Nshya

Urwego rw'Igihugu Rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko kugeza ubu rufunze abanyamahanga basaga 500 mu magororero atandukanye hirya no hino mu Gihugu.
Kuwa Gatanu tariki ya 5 Ukuboza 2025, mu mujyi wa Kigali hari hahiye umugani w'ab'ubu , aho abasore , inkumi, abakuru n'abato bari bateraniye mu nyubako ya BK Arena, mu gitaramo cy' umuhanzi w’ikirangirire ukomoka muri Nigeria, David Adeleke wamamaye nka Davido
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyagatare bwabasabiye igifungo cya burundu abagabo babiri bo muri aka Karere bakekwaho ibyaha byo kwica abagore babo
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagiye yegeka ibibazo byayo ku Rwanda, anahishura ko Perezida Tshisekedi ubwe ari we watangije ibiganiro bya Doha na Washington agamije inyungu ze bwite
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwatangije ishyirwa mu bikorwa ry'igihano gishya cy'imirimo y'inyungu rusange (Community Services Penalty), abagikatiwe bakora bataha mu ngo zabo
Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yageze i Abidjan, muri Côte d’Ivoire, aho ahagarariye Nyakubahwa Perezida Kagame mu muhango w'irahira rya Perezida watowe, Alassane Ouattara.
Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yakebuye Kasuku wavuze ko atazacika intego zo gutuka abasebya u Rwanda, amusaba kubikora yirinda icyatuma yica amategeko kuko nta nshuti agira.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka