Inkuru Nshya

Gahunda yo kugeza amashanyarazi mu bice byose by’igihugu igeze kuri 84%

Nyanza:Umwana yashinjuye se bareganwa kwica umuntu

Musenyeri n’abapasiteri ba EAR bapfukamye basaba imbabazi Drocella ,kubw’ ibyo mugenzi wabo yamukoreye muri Jenoside

MININFRA yijeje ko mu 2029 mu Rwanda hose hazaba haragejejwe amazi 

Abarwanyi b’Umutwe wa M23 basubije inyuma ibitero byagabwe n’inyeshyamba zo mu Mutwe w’Iterabwoba wa FDLR na Wazalendo
Nyuma y’ibitero bya FARDC, FDLR na Wazalendo mu mujyi wa Goma, Lt Col Willy Ngoma yatangaje ko izi ngabo zasubijwe bikwiye
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe yongeye gushimangira ko u Rwanda rutigeze rufata umujyi n’umwe wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Abakozi ba 1:55 n’abakinnyi ba UGB BBC, basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye mu Karere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo.
Ibitabo 10 ushobora gusoma, bibumbatiye amateka y’icuraburindi u Rwanda rwanyuzemo.
Madamu Jeannette Kagame, yashishikarije urubyiruko n’abakiri bato guharanira kuba mu Rwanda ruzima bubakiye ku burere bahawe n’Igihugu kidaheza.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka