Inkuru Nshya

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Gihugu “Rwanda Premier League” rwatangaje ingengabihe y'uko amakipe azahura mu mikino yo kwishyura ya 2025/26, izatangira tariki 30 Mutarama 2026
Abaturage bo mu karere ka Gicumbi,mu Murenge wa Mutete, baratangaza ko inzoga y'inkorano bise " Magwingi" ikomeje kugira ruhare mu guteza umutekano mucye no kwangiza urubyiruko.
Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru mu Rwanda, FERWAFA , ryirukanye , Adel Amrouche wari umutoza w'Amavubi kubera umusaruro udashimishije.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ka Gasabo, Bayasese Bernard, yatanze Ubwenegihugu bw'u Rwanda ku bantu 25 baturutse mu bihugu bitandukanye.
Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yemeje ku mugaragaro ko uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, ari imbere muri iki gihugu
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yahuye n’Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ucyuye igihe, Eric Kneedler, bagirana ibiganiro byibanze no kumusezera ku myaka irenga itatu yari amaze akorera mu Rwanda

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka