RGB ku bufatanye n’Urwego rw’Imiryango itari iya Leta n’iy’Abikorera (NFPO Rwanda), bagiranye inama nyunguranabitekerezo n’abahagarariye imitwe ya politiki, igaruka ku ruhare rwabo mu kwimakaza imiyoborere myiza no gukorera mu mucyo.
Umunyana Analyssa uzwi cyane mu ruhando rwa cinema nyarwanda, ku izina MAMA SAVA, yahishuye ko kuri ubu ari mu rukundo n’umusore babyaranye umwana we w’imfura
Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi aribo Mike Tresor na Warren Kamanzi, bari mu biganiro na FERWAFA, aho nta gihindutse aba bakinnyi bashobora kugaragara mu mwambaro w’Amavubi, mu mikino ikipe y’igihugu izakina mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi
Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere RDB, muri gahunda ya Visit Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire n’Ikipe ya Los Angeles Clippers ikina Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NBA ndetse na Los Angeles Rams ikina muri Shampiyona ya NFL (National Football League) .
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga