Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemereye amakipe atatu yo muri Sudani kuzakina muri Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Ubufaransa , Gen. Pierre Schill, n’abandi bari kumwe, basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherere ku Gisozi, mu karere ka Gasabo,bunamira inzirakarengane ziharuhukiye .
Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zabyukiye mu mirwano n’abarwanyi ba Wazalendo, barwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga