Inkuru Nshya

Urukiko rwa Rubanda rwo mu Bufaransa rwanze ubujurire bwa Sosthène Munyemana, rutegeka ko akomeza gufungwa imyaka 24 yari yarakatiwe mu 2023, nyuma yo kumuhamya uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemereye amakipe atatu yo muri Sudani kuzakina muri  Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Ubufaransa , Gen. Pierre Schill, n’abandi bari kumwe, basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherere ku Gisozi, mu karere ka Gasabo,bunamira inzirakarengane ziharuhukiye .
Mu Karere ka Huye, hatashywe Ikigo cy’Urubyiruko cyiswe 'Inzozi Youth Center', kizajya gikoreshwa nk'ahantu ho kwigira ubumenyi bushya no gukorera imishinga ibyara inyungu
Perezida Paul Kagame yashimiye abantu bose bamwifurije isabukuru nziza kuri uyu wa Kane tariki 23 Ukwakira 2025, ubwo yuzuzaga imyaka 68 y’amavuko.
Ikipe y'Igihugu cy'u Rwanda 'Amavubi', imaze imyaka isaga 38 yereka Abanyarwanda umupira uryoshye. Muri iyi myaka itari mike, Amavubi yanyuzemo abakinnyi benshi batandukanye
Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zabyukiye mu mirwano n’abarwanyi ba Wazalendo, barwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.