Inkuru Nshya

Dieudonné Musoni yifashishije ikoranabuhanga mu bworozi, aho yorora inkwavu mu buryo bwa kijyambere, akazitera intanga zikororoka vuba kandi zikagira umwihariko wo kuba nini cyane
Dr. Goodluck Jonathan wabaye Perezida wa Nigeria yavuze ko mu bihugu nk’u Rwanda, ikoranabuhanga ryafashije abahinzi kubona isoko no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere ariko byose bikeneye ishoramari rihamye
U Rwanda rwakiriye inkura 70 z’umweru ziturutse muri Afurika y’Epfo, zije zisanga izindi 41 zisanzwe muri Pariki y’Igihugu y'Akagera