Nina Cynthia

Jean De Dieu Mugisha

Mugisha Jean De Dieu ni umunyamakuru ku Umunota.com ndetse unamenyekanisha inkuru zo ku mbuga nkoranyambaga , ukunda cyane ubukerarugendo n’ibidukikije by’u Rwanda. Areba cyane ibiganiro / amafilime ku nkuru zerekeye ku binyabuzima ,umuco n’ubukerarugendo zigamije gushishikariza abantu gusura no gukunda ubwiza bw’igihugu . bigamije gushishikariza abantu gusura no gukunda igihugu cyabo. Afite ubumenyi mu by’ubuvuzi bw’amatungo kandi ubu ari kwiga icyiciro cya mbere cya kaminuza mu bijyanye n'ubukerarugendo akagira kandi urukundo rwinshi mu bijyanye n’inyamaswa, ubuyobozi no kwamamaza binyuze mu ikoranabuhanga.

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ibiciro bishya byo gusura ingagi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, bizatangira gukurikizwa mu mwaka wa 2026
Ishuri ryigisha ibijyanye no gutwara indege ry'Akagera Aviation School, ryahaye impamyabumenyi abapilote b’Abanyarwanda 18 basoje amasomo y’imyaka ibiri
Abayobozi mu nzego z’igihugu bakomeje kwitabira gusuzumisha ibinyabiziga byabo imyuka ihumanya ikirere, batanga urugero rwiza ku Banyarwanda mu kubakangurira gukoresha iyi serivisi hagamijwe kurengera ibidukikije
Ikinyobwa gisembuye cya 'Kari Vodka', gikorerwa mu Rwanda, cyatangiye gucuruzwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kongera ibikorerwa mu Rwanda bigera ku isoko mpuzamahanga
Ambasaderi w’Igihugu cy’u Bushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi, ari kumwe n’itsinda ayoboye, basuye Ingoro y’Umurage w’Ibidukikije iherereye mu Karere ka Karongi
Umuyobozi ushinzwe ishoramari muri RDB, Michelle Umurungi, yagaragaje ko u Rwanda rwafunguriye amarembo ubucuruzi bwambukiranya imipaka, nk'uburyo bwo kongerera imbaraga ubucuruzi bw'ibihugu ariko hubahirizwa umutekano
U Rwanda ruri kumurika ubukerarugendo mu imurikagurisha rya 'TT Warsaw Expo' riri kubera mu gihugu cya Pologne guhera tariki ya 10-12 Ukwakira 2025
Abanyeshuri bagize Icyiciro cya 25 biga amasomo ajyanye n'imiyoborere y'ingabo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama, basuye Ingoro y'u Rwanda y’urugamba rwo kubohora igihugu ku Mulindi, mu rwego rw’urugendoshuri rujyanye no gusobanukirwa byinshi ku rugamba rwo kubohora igihugu
U Rwanda rwatangije ku mugaragaro Gahunda y’Igihugu yo Kubungabunga urusobe rw’Ibinyabuzima (National Biodiversity Strategy and Action Plan) ya 2025-2030, hagamijwe iterambere rirambye