Ibyihariye

U Rwanda rwatangaje ko rwishimiye icyemezo cya M23 cyo kuva mu Mujyi wa Walikale mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, yari iherutse gufata ndetse no kuba Leta ya RDC yavuze ko ibikorwa by’Ingabo zayo, FARDC na Wazalendo bigiye guhagarara muri ako gace.