Ibyihariye

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025

MIFOTRA yasabye urubyiruko kwihugura ku ikoranabuhanga rya AI no guhanga imirimo mishya

U Rwanda rugiye kwakira inama ihuza Intumwa Nkuru za Leta ku Isi

Umuhuzabikorwa w'amashami ya Loni mu Rwanda, Ozonnia Ojielo, yashimiye Leta y'u Rwanda uburyo yakiriye ikanafasha abakozi bayo bakoreraga mu Mujyi wa Goma, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubwo bari bahunze imirwano yahuje M23 n'ingabo z'icyo gihugu, FARDC.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka