Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, Kamuhire Alexis agaragaza ko hari imishinga idindira bigatera igihombo kuko iba itegerejweho ibisubizo mu kwihutisha bukungu bw'igihugu.
Kuri uyu wa Kane abanyarwanda 359 batahutse bava mu burasirazuba bwa DRC binjirira ku Mupaka Munini wa La Corniche uhuza umujyi wa Rubavu n'uwa Goma
Kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w'ibikorwa by'ubutabazi Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira yakiriye Carl Ash, Umuyobozi w'umuryango mpuzamahanga wita ku bimukira ( IOM ) bagirana ibiganiro.
Kuri uyu wa Gatatu inteko rusange y’abadepite yagejejweho raporo ya komisiyo y’ubukungu n’ubucuruzi,ku isesengura rya raporo y’ibikorwa bya banki nkuru y’u Rwanda byo kuva taliki ya mbere Nyakanga 2024 kugeza taliki ya 30 Kamena 2025.
Hagamijwe kubungabunga no gusigasira imikino gakondo,mu mashuri yisumbuye n'ay'ubumenyi ngiro hatangijwe amarushanwa yo gukina igisoro(kubuguza), umukino watangijwe ku mugaragaro n'intebe y'inteko y'umuco Amb.Robert Masozera
Ikigo cy'igihugu cy'ibarurishamibare cyatangaje ko kwandikisha abana byavuye kuri 90.3% mu mwaka wa 2024, bigera kuri 92.9% mu mwaka wa 2025, aho byazamutseho 2.6%.
Kuri uyu wa Gatanu , Minisitiri w'ibikorwa by'ubutabazi Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira,yasuye umusozi wa Gisuma uherereye mu Murenge wa Shyira ho mu karere ka Nyabihu, ahagaragaye ikibazo cy’imiterere y’ubutaka bwatengukanywe n'isuri bikaba bimaze kwangiza ubuso burenga hegitari 8 ndetse n’ibikorwaremezo.
General Rtd Fred Ibingira yagaragaje ko abanyarwanda bafite amahirwe yo kugira perezida Kagame nk’umukuru w’igihugu ,kubera ubushishozi agaragaza mu miyoborere ndetse n’icyerekezo cyiza yahaye u Rwanda nyuma yo guhagarika Jenoside yakorewe abatutsi.
Kuri uyu wa Kane, umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, yayoboye umuhango wo gusoza amasomo y’abofisiye 74 bo mu Ngabo na Polisi by’u Rwanda, ndetse n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe igorora (RCS), barangije neza amasomo yamaze ibyumweru 22.