Camille Ndikumana

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umuhanzikazi Bwiza Emerance yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka Isi yise 'Bwiza Home World Tour'
Nyaminga w'u Rwanda wa 2020, Nishimwe Naomie yasangije ubutumwa bwihanangiriza abakoresha imbuga nkoranyambaga bamwibasira ku buzima bwe bwite bamubaza impamvu atarabyara
Rayon Sports iri mu bihe bitayoroheye yongeye kunganya na Mukura Victory Sports , igitego 1-1.
Ese uribuka igihe wari mu rukundo ukuntu ubwa wa muhanzi wari warahenganye uruhu n'uruhande? Ariko iby'abubu bo byarahindutse, hari ubwo ibyari urukundo bibabera umuravumba kubera isaba ry'amafaranga rya hato na hato
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na Haruna Ferouz wari umutoza wungirije wayo
Rayon Sports iri mu bihe biyikomereye, yanganyije na Al Merrikh SC, ibitego bibiri kuri bibiri, ( 2-2) mu mukino w'umunsi wa 15 wa Rwanda Premier league wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
Muneza Christophe uzwi mu muziki Nyarwanda ku izina Christopher, yatangaje ko yashenguwe n'urupfu rwa nyina umubyara, umaze imyaka itanu yitabye Imana.
Umunyarwanda niwe wavuze ngo gukunda ni byiza ariko bikaba akarusho iyo ukunze ugukunda. Rimwe na rimwe uzumva bavuga ko urukundo nyarwo rutabaho mu byamamare, gusa akenshi usanga atari inkuru mbarirano kuko abitwa ibyamamare barambana muri urwo rukundo babarika
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 19 Mutarama 2026, nibwo inkuru y’akababaro ivuga ko Ferry Jean Pierre, Se wa Bruno Ferry umutoza Mukuru wa Rayon Sports yitabye Imana
Kuri uyu wa Mbere nibwo umuhanzi Bruce Melodie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko mu mpeshyi ya 2026 azafatanya na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu byiswe, “2026 Summer Country Tour”