Camille Ndikumana

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Abaraperi Nyarwanda bamaze igihe bakora injyana ya Hip Hop n'abayinjiyemo vuba basusurukije Abanyarwanda mu gitaramo 'Icyumba cya Rap' cyari kibaye ku nshuro ya kabiri, ndetse bizeza ko ari ngarukamwaka bazaguma gushimisha abakunzi babo
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yahembuye imitima yabarenga ibihumbi 10 mu gitaramo ‘Icyambu 4’, abakitabiriye bataha birahira ko ari Noheli itazibagirana
Nta cyumweru gishize umuhanzi The Ben, asohoye mu buryo bw’amajwi indirimbo ye nshya yise” Indabo Zanjye” , ikubiyemo ubutumwa bugaruka cyane kuri Bruce Melodie bamaze imyaka 5 bombi ari hasi hejuru.
Benshi mu Banya-Kigali bazi ijwi rye ndetse indirimbo ye bayiririmbana kuva itangiye kugera ku kadomo ka nyuma kayisoza. Yavutse yitwa Chinsea Linda Lee, inganzo imuyobora kubatizwa Shenseea mu muziki.Shenseea ukomoka muri Jamaica ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe ku Isi by’umwihariko mu bakora Injyana ya Dancehall. Izina rye ryatumbagijwe cyane no gukorana n’abahanzi bakaze ariko rirushaho kumenyekana mu ndirimbo “Hit & Run”, iye y’ibihe byose.
Uwizeye Marc uzwi nka Rocky Kirabiranya cyangwa Kimomo, akaba umusore umaze kubaka izina mu gusobanura filime, urubuga rwe rwo kumuyoboro wa yutube ( YouTube) ' Rocky Entertainment” acishaho ibiganiro n'amafilimi rwongeye gufungwa .
Mu mukino w'Umunsi wa 12 wa Rwanda Premier League wakinwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20 Ukuboza 2025, APR FC yatsinze Gasogi United ibitego 2-0.
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga muri Ministeri y’Umuco n’Urubyiruko, yateye imitoma umugore we, Uwingabire Marie Claudine, amwifuriza isabukuru nziza y'imyaka 15 bamaze barushinze
Rugamba Sipiriyani hamwe n’itsinda rye ry’Amasimbi n’Amakombe, bigeze gukirigitwa n’inganzo maze baterura indirimbo bagira bati“Inshuti nyanshuti ntago ijya ikurambirwa, Ntikunda agashungo k'abaharara , Ikurindiriza aharamba imyaka akari jana , Haba amanywa y'ihangu cyangwa ijoro rijigije Ntihinyuke”
Abahanzi bo mu Itsinda The Brothers bigeze gukirigitwa n’inganzo, baririmba ko bya bihe byashize bibibutsa ya majoro ndetse n’indirimbo zabo ari zo zihora zibazenguruka mu mutwe.Ese iyo bavuze bya bihe, wowe ni iki kikuzamo? Ese wibuka bya bihe ababyeyi bagukubitiraga kuryama saa Sita z’amanywa cyangwa bimwe wakarabaga ukisiga, ukambara maze ukaba usa neza ubundi ukajya mu baturanyi kureba televiziyo, maze wahagera bakakwicaza ku isima cyangwa ku mukeka ngo nta mwana wicara mu ntebe
Umunyarwanda ukina nka myugariro, Josh Duc Nteziryayo, w’imyaka 17 y’amavuko yamaze kuzamurwa mu ikipe nkuru ya CF. Montreal , yo muri Canada ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Leta zunze ubumwe za America, Major League Soccer.