Camille Ndikumana

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umunyana Analyssa uzwi cyane mu ruhando rwa cinema nyarwanda, ku izina MAMA SAVA, yahishuye ko kuri ubu ari mu rukundo n’umusore babyaranye umwana we w’imfura
Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi aribo Mike Tresor na Warren Kamanzi, bari mu biganiro na FERWAFA, aho nta gihindutse aba bakinnyi bashobora kugaragara mu mwambaro w’Amavubi, mu mikino ikipe y’igihugu izakina mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi
Kuri iki cyumweru , tariki 28 Nzeri 2025, nibwo hasozwaga Shampiyona y’Isi y’amagare 2025 , yari imaze icyumweru ibera mu mihanda y’i Kigali.
Umuhanga mu kuvanga imiziki, Dj Brianne yasabye imbabazi abakunzi b’ibikorwa bye nyuma yuko agaragaye mu mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga atukana ibitutsi nyandagazi.
Umunyarwandakazi  umenyerewe mu kuvanga imiziki mu gihugu cya Uganda  Uwase Alisha umenyerewe cyane ku izina  rya  DJ Alisha
Igitaramo cy’urwenya Gen - Z comedy Show ni kimwe mu bitaramo bimaze kubaka izina ahanini biturutse ku buryo gihuriza hamwe : urwenya,umuziki ndetse n’ubundi buzima bw’abatura Rwanda.
Bisa nkaho bimaze kumenyerwa ko iyo aba bombi batarwanye ngo baremane inguma biba ari ibidasanzwe
Ku cyumweru tariki 21 Nzeri 2025 nibwo i Kigali mu Rwanda hatangiye Shampiyona y’Isi y’amagare 2025 , rikaba ari irushanwa ribereye ku mugabane wa Afurika ku nshuro ya mbere mu myaka 103 rimaze ribayeho.
Umunyarwandakazi Teta Sandra washakanye n'umuhanzi ukomoka muri Uganda, Weasel Manizo yahishuye ko kubana n'uyu mugabo bafitanye abana babiri atari ibintu byashoborwa na buri wese
Bijya bibaho ugasanga agace runaka kihariye impano nyinshi mu bintu runaka : Siporo,umuziki,ubukorikori,n’ibindi byinshi