Camille Ndikumana

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yahishuye indirimbo ye ishobora gufasha umuntu mu gihe aheranywe n’agahinda cyangwa yumva ibibazo bimukomereye ikaba yamufasha kunyura muri ibyo bihe.
Agasaro Nadia Farid Ishmael washakanye n’umuraperi Riderman, yamuteye imitoma ku munsi w'isabukuru y'amavuka, amwibutsa ko ari umugabo udasanzwe mu buzima bwe
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Rigoga Ruth yasangije abamukurikira amashusho ye arikumwe n’umugabo we  Lt. Kamali Fred ayaherekesha amagambo yuzuye imitoma ndetse n’amarangamutima menshi aho yavuze ko umugabo we ari impano yahawe n’Imana.
Itsinda ry’abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Ben na Chance ndetse n’umuhanzikazi ukomeye mu njyana gakondo, Munganyinka Alouette batumiwe mu gitaramo cy’Urwenya cya Gen Z Comedy Show giteganyijwe kuba kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026.
Ikipe ya As Kigali yatangaje  Kalisa Rashid nk’umukinnyi mushya wayo mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda.
Umunyamakuru  Aime Beaute Mushashi, n’umukunzi we Francis Nyamaswa berekanywe ku mugaragaro mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church, ruherereye i Masoro mu Mujyi wa Kigali
Umuhanzi Israel Mbonyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yemeje ko agiye gutaramira mu Bubiligi ahishura ko ari andi mahirwe Imana itanze yo kongera guhura abantu bakaramya.
Guhera kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 06 Werurwe 2026, Umunyamakurukazi Anita Pendo ndetse n’umuhanga mu kuvanga imiziki Dj Bissoso, baraza kongera gufatanya mu kiganiro gishya cyiswe, Friday Airline Live Show gitambuka kuri BTN TV.
Umuhanzikazi Bwiza kuri ubu urikubarizwa i Stockholm muri Suède aho azataramira ku wa Gatandatu, yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Suède  agirana ibiganiro na Dr. Diane Gashumba , Ambasaderi w’u Rwanda muri Suède
Umunyamakurukazi, Aime Beaute Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, Nyamaswa Francis.