Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Ubuyobozi bw’Ikipe ya Rayon Sports bwimuye ibiro bwakoreragamo byari bisanzwe biherereye  mu Karere ka Kicukiro ahazwi nka ‘Zinia’
Michelle Yeoh wamamaye muri sinema ku rwego mpuzamahanga ari mu biruhuko mu Rwanda aho yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye ku Gisozi, ndetse asura n'Ingagi muri Pariki y'Ibirunga
Abantu bakunze kwibaza ngo 'Ese bamwe mu bayobozi bakuru b’Igihugu bagenerwa ibingana iki n’amategeko bibafasha mu gukora akazi kabo neza, bahembwa amafaranga angahe, ni bande bahabwa imodoka n'ibindi!
Tuyishime Josue niyo mazina yiswe n’ababyeyi ariko ni icyamamare by’iteka ryose mu muziki nyarwanda ku izina rya Jay Polly cyangwa se Kabaka, uyu ni umwe mu bacurabwenge b’injyana ya Hiphop mu Rwanda ndetse akaba umwe mu banyamuziki bakomeye u Rwanda rwagize.
Umuraperi Hagenimana Jean Paul uzwi cyane nka Bushali mu muziki nyarwanda yatangaje ko yatengushywe bikomeye na Mukeshimana Chantal, usanzwe ari umuyobozi w’urugaga rw’abikorera (PSF) mu karere ka Nyamasheke
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri, umuhanzi Alpha Rwirangira yagize ibyago aho sekuru we  yitabye Imana
Shema Arnold benshi bamenye mu muziki Nyarwanda akiri umwana ku izina rya 'Babou', yongeye kugaruka mu muziki aho yashyize hanze indirimbo nshya yise 'Cyangabwoba'
Paul Rutikanga wamenyekanye avuga amakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda, RBA, yasezeranye imbere y'Imana n’umukunzi we Uwera Caroline, bamaze igihe bakundana
Niyigaba Clement wamamaye ku izina rya 'DC Clement' mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, ari mu byishimo bikomeye, aho we n’umufasha we Manzi Ariane bibarutse abana b’impanga,mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu
Mu masaha make ashize nibwo umuhanzi Nyarwanda, Kevin Kade yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Nyanja”, nyuma y'igihe yari amaze ayiteguje abakunzi b’umuziki we